This job listing has expired and may no longer be relevant!
1 Jun 2023

Isoko Ryo Kugura Ibyo Kurya at Rw0585 Epr Rugango

Never Miss a Job Update Again. Click Here to Subscribe


Job Description


UMUYOBOZI WA EPR PAROISSE MUSAZA

EGLISE PRESBYTERIENNE MU RWANDA 6

LE24/05/2023

PRESBYTERY YA ZINGA                                                                                                      

PAROISSE MUSAZA

PROJECT RW0585 EPR RUGANGO

EMAIL : [email protected] 

ITANGAZO RY’ISOKO

Ubuyobozi bw’itorero presbyterienne mu Rwanda (EPR), PAROISSE MUSAZA ifite ikicaro mu kagali ka kabuga, umurenge wa Musaza,akarere ka KIREHE,intara y’iburasirazuba kubufatanye na compassion international binyuze mumushinga RW0585 EPR RUGANGO burifuza gutanga isoko ryo  kugura ibyo kurya by’abana biga kuwa gatandatu ,birimo ibi bikurikira n’ingano yabyo buri kwezi(umuceri wa pakistani original(150kg),sosoma shisha family(100kg),ibishyimbo bya shyushya(100kg),Amavuta y’ubuto karanga(10l),umunyu (8kg),isukari (34kg)injanga z’ibyatsi(25kg),situruwaya(1douzen), ndetse n’imbuto(imineke 1000).

Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira :

  • Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa Paruwasi EPR MUSAZA
  • Proforma igaragaza ibiciro
  • Kuba afite campany abarizwamo
  • Kuba afite compte muri bank ifite ikoranabuhanga
  • Kuba afite TIN number yo muri RRA na TVA
  • Kuba afite icyangombwa cyerekana ko nta mwenda abereyemo RRA na RSSB kitarengeje amezi 3
  • Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
  • Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP
  • Kuba afite registre y’ubucuruzi itangwa na RDB imwemerera gukora iyo mirimo
  • Fotocopy y’indangamuntu cg icyemezo gisimbura indangamuntu cyemewe n’amategeko




Method of Application

-Ibyangombwa byoherezwa kuri email zikurikira kandi zose kuko idatanzwe hose iba imfabusa [email protected]/[email protected] ; ibyangombwa bizakirwa guhera 25/05/2023 kugeza le 07/06/2023 saa yine za mugitondo ari nawo munsi wo gufungura amabaruwa kumugaragaro kucyicaro cy’uwo mushinga, uwatsindiye isoko akabimenyeshwa by’agateganyo.



Abohereje amabaruwa asaba isoko bazohererezwa kuri email zabo uko isoko ryagenze

Kubindi bisobanuro mwahamagara kuri tel :0788554759/0782528257



Bikorewe i RUGANGO kuwa 24/05/2023

Pastor JAMBO ASHIMWE Jean Baptiste

UMUYOBOZI WA EPR PAROISSE MUSAZA







Dont Miss Latest Jobs In Rwanda. Subscribe Today. CLICK HERE




Apply for this Job